Skip to content
January 20, 2026

thecustomreports.xyz

  • Sample Page
Main Menu

Month: January 2026

Ubuzima

Uko wakirinda kuzana impumuro mbi mu gitsina

January 20, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Nubwo hari uburyo bunyuranye wakoresha mu kwirinda iyo mpumuro mbi ariko nanone hari byinshi binyuranye wakora kugirango wirinde iyo mpumuro mbi itaraza. Ibyo wakora ukirinda impumuro mbi mu gitsina: Ambara …

Uko wakirinda kuzana impumuro mbi mu gitsina Read More
Ubuzima

Umuti wa Paracetamol ugabanya ububabare ukora ute ?

January 20, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Paracetamol ni umuti wo mu bwoko bw’imiti igabanya ububabare(analgesic) ndetse ikanagabanya izamuka ry’umuriro mu mubiri w’umuntu . Paracetamol nanone izwi ku izina rya acetaminophene aho usanga iri zina ari ryo …

Umuti wa Paracetamol ugabanya ububabare ukora ute ? Read More
Ubuzima

Kurota umuntu avuga biterwa n’iki ?

January 20, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Mu ijoro hari igihe ujya ubyuka ubyukijwe n’uwo murarana uba avuga amagambo atumvikana ndetse asa naho aterekeranye neza, ukibaza ikibimutera kikakuyobera. Hari bamwe bahangayika bibaza ko hari ikibazo gikomeye mugenzi …

Kurota umuntu avuga biterwa n’iki ? Read More
Ubuzima

Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y’abana bivugwa ko arimo ubumara

January 20, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Uruganda rw’ibiribwa n’ibinyobwa rwa Nestlé rwatangaje ko rwakuye ku isoko mpuzamahanga bimwe mu bicuruzwa by’amata y’abana kubera impungenge z’uko bishobora kuba birimo ubumara (toxin) bwateza uburozi mu biribwa (food poisoning). …

Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y’abana bivugwa ko arimo ubumara Read More
Ubuzima

Wari uzi ko amashuka n’imisego turyamira bishobora kubika umwanda uruta uwo mu bwiherero?

January 20, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Abahanga bavuga ko mu buriri ari ho tumara hafi kimwe cya gatatu cy’ubuzima bwacu bwa buri munsi, kandi uko kuhatinda bituma amashuka twiyorosa n’imisego turyamira biba icumbi ry’abashyitsi badakenewe. Nyuma …

Wari uzi ko amashuka n’imisego turyamira bishobora kubika umwanda uruta uwo mu bwiherero? Read More
Ubuzima

Iyo umuntu anyweye inzoga zijyahe ? SOBANUKIRWA

January 20, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Iyo umuntu anyweye inzoga, zinjira mu mubiri zigahita zinyura mu gifu n’amara maze zikinjira mu maraso. Uko zinjira mu maraso bikorwa vuba bitewe n’uko inzoga zifatwa. Inzoga zishyushye, izirimo gaz …

Iyo umuntu anyweye inzoga zijyahe ? SOBANUKIRWA Read More
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ’ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

January 20, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Ubushakashatsi butandukanye bwagaragaje ko hari imiti igira ingaruka zikomeye ku mbaraga z’abagabo mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, kandi iyo miti ikoreshwa kenshi. Mu busanzwe ubuzima bw’imibonano mpuzabitsina ni kimwe …

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ’ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro Read More
IMIKINO

U Rwanda rwamaze kumenya amakipe ruzahurira mu itsinda muri FIFA Series izabera i Kigali

January 20, 2026January 20, 2026 - by Editor - Leave a Comment

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yashyizwe mu Itsinda A hamwe n’amakipe ya Estonia, Grenada na Kenya, mu irushanwa ritegurwa na FIFA rigamije guhuza amakipe y’ibihugu aturutse ku migabane itandukanye. Aya …

U Rwanda rwamaze kumenya amakipe ruzahurira mu itsinda muri FIFA Series izabera i Kigali Read More

Recent Posts

  • Uko wakirinda kuzana impumuro mbi mu gitsina
  • Umuti wa Paracetamol ugabanya ububabare ukora ute ?
  • Kurota umuntu avuga biterwa n’iki ?
  • Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y’abana bivugwa ko arimo ubumara
  • Wari uzi ko amashuka n’imisego turyamira bishobora kubika umwanda uruta uwo mu bwiherero?

Recent Comments

No comments to show.

Archives

  • January 2026

Categories

  • IMIKINO
  • Ubuzima
Copyright © 2026 thecustomreports.xyz.
Powered by WordPress and HitMag.